Dore Imyaka Abadogiteri Bavuga ko Ari Yo Myiza Umuntu wese Yagombye Gutangira Gukoreraho Imibonano Mpuzabitsina
Abakobwa n’abahungu bagenda babona Impinduka zitandukanye Ku mibiri yabo uko bagenda bakura. Izi mpinduka zibaho mu bihe bimwe Yaba Ku bakobwa no Ku bahungu. Ku Ku myaka icyenda Kugeza Ku myaka cumi n’itanu ni bwo abakobwa n’abahungu baba bibonaho Impinduka zitandukanye zimwe zikajya zibatungura kuko baba babona Ari nshyanshya kuri bo.
Kuri iyi myaka 9 Kugeza kuri 15 Kandi ni bwo batangira kumenya byinshi Ku bijyanye n’ubuzima bw’imyorirokere. Urugero batangira gushyukwa. Ibi byo gushyukwa ntabwo bibaho mu buryo bumwe Ku bakobwa no kubahungu. Ku bahungu, bigira umuvuduko mwinshi ndetse Kenshin bagafata umwanzuro wihuse wo Gutangira gukora Imibonano Mpuzabitsina.
Abadigiteri bo bagaragaza ko Ku myaka iri nyuma ya cumi n’irindwi Ari ho umuntu aba amaze gusobanukirwa neza ibyerekeye Imibonano Mpuzabitsina ndetse anasobanukiwe n’ibiyiturukaho byose. Bakavugako Ku myaka 18 umuntu ushaka gukora Imibonano Mpuzabitsina Ari bwo Yagombye kubitangira.